AMASHUSHO: Ubwo Umunyabigwi mu muziki w’Isi
@DiRealShaggy
yakiraga ku rubyiniro Umuhanzi nyarwanda
@BruceMelodie
bakaririmba indirimbo “When she is around” baherutse gushyira hanze.
Rev. Dr Pasiteri Antoine Rutayisire yujuje imyaka 65. Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Kamena 2023 kuri Paruwasi ya Remera ku Bangilikani hazaba umuhango wo kumusezera ku mirimo nkuko amategeko yabo abiteganya.
Abed Christophe Biramahire ukina muri Mozambique na Rwatubyaye Abdul Rwatubyaye ukinira Rayon Sports, bari mu bitabiriye ubukwe bwa The Ben na Pamella.
#InyarwandaNews
Amafoto: Rutahizamu wa Al - Ahili yo mu gihugu cya Saudi Arabia akaba yaramenyekanye cyane mu ikipe ya Liverpool, Robert Firimino ukomoka mu gihugu cya Brazil yamaze kwihebera Imana.
Umunyamuziki Israel Mbonyi yataramiye abitabiriye ubukwe bwa The Ben na Uwicyeza Pamella.
Yageze aho asaba The Ben kumusanga baririmbana Indirimbo ye yakunzwe yise 'Ndaje'.
#InyarwandaNews
AMAFOTO: Umugore wa Byiringiro Lague usanzwe akinira ikipe ya Sandvikens IF yo muri Sweden, yamaze kwimukira mu gihugu cya Sweden asanze umugabo we Byiringiro.
#inyarwandatrends
#inyarwanda
#nonehoevents
AMAFOTO:Perezida
#Kagame
ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame na Minisitiri wa Siporo Aurora Mimosa Munyangaju bakurikiye umukino REG yahuriyemo na Al Ahly.
AMAFOTO: Ian Kagame yinjiye mu ngabo zishinzwe kurinda Umukuru w'Igihugu, Perezida Paul
#Kagame
.
Aha hari mu masengesho yo gusengera Igihugu 'National Pray Breakfast' yabaye kuri iki Cyumweru tariki 15 Mutarama 2023 muri Kigali Convention Center.
AMAFOTO: Umuraperi Green-P usanzwe abarizwa i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu yitabiriye ubukwe bw'umuvandimwe we The Ben warushinze na Uwicyeza Pamella mu birori binogeye ijisho byabaye mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 23 Ukuboza 2023 muri Kigali Convention Center.
AMASHUSHO: Ubwo Israel Mbonyi yaririmbaga indirimbo ye yamuhesheje ikuzo mu muziki yise 'Nina Siri''. Iyi ndirimbo yaracengeye igera no mu bakomeye, cyane cyane mu bihugu bavuga ururimi rw'Igiswahili. Ibi byatumye Mbonyi akore Extended Play y'indirimbo ziri mu giswahili gusa.
Minisitiri w'Urubyiruko Utumatwishima Abdallah mu bitabiriye igitaramo cyo kumurika Album ya Yago.
Album ye iriho indirimbo: Suwejo, Rata, Si Swing, Umuhoza, Yahweh, Original Kopy, True Love, Alright, Naremeye feat Bushali, My Love, Vis a Vis, Yago Piano na 'T'en Vas Pas".
Ifoto ya mbere ya The Ben nyuma y'uko ageze muri 'Salle' igiye kuberamo umuhango wo gusaba no gukwa umukunzi we Uwicyeza Pamella, mu birori binogeye ijisho byabereye kuri Jalia Garden.
Kate Bashabe udakunze kugaragara mu birori n’ibitaramo byinshi nyamara wamaze kwigwizaho ibigwi mu myidagaduro nyarwanda, ni umwe mu bitabiye igitaramo Rumata wa Musomandera cy’umuhanzi Ruti Joel kiri kubera mu Intare Conference Arena i Rusororo.
#inyaRwandanews
#inyaRwandamusic
Umunyamakuru
@Fuadi_13of
ukorera kuri
@bbfmumwezi
unwe mu bari bafite akanyamuneza mu birori byo gutanga ibihembo bya Isango na Muzika byatanzwe ku mugoroba wo kuri iki cyumweru
#inyarwandatrends
#IsraelMbonyi
wujuje Miliyoni 1 y'abamukurikira kuri Youtube, yakorewe ibirori n'abaririmbyi be mu kwishimira amateka yanditse kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Werurwe 2024.
#inyarwandaGospel
#NinaSiri
Ababyeyi ba Yago baje gushyigikira umuhungu wabo ugiye kumurika album ya mbere kuva yakwinjira mu muziki.
Yago akunze gushima ababyeyi be mu ruhame avuga ko isengesho ryabo ariryo ritumye ageze aho ageze ubu.
#inyarwanda
#nonehoevents
Umuhanzi Bruce Melodie afatanyije n'ikipe ya 1:55 Am isanzwe ireberera inyungu Bruce Melodie, bamaze kugura ikipe ya United Generation Basketball.
Umwaka ushize UGB BBC yasoje shampiyona iri ku mwanya wa munani mu makipe 14.
AMASHUSHO: Umubyinnyi Mpuzamahanga, Sherrie Silver ari mu bitabiriye ubukwe bwa The Ben na Pamella. Yabwiye Inyarwanda ko afitanye ubushuti bwihariye n'uyu muhanzi, kuko yagiye amwifashisha mu ndirimbo zinyuranye.
#InyarwandaNews
Amafoto: Umuhanzi
@BruceMelodie
wari umaze iminsi ari kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaze gusesekara mu Rwanda mu rucyerera rwo kuri uyu wa gatanu tariki ya 05 Mutarama 2024.
@BruceMelodie
yari aherekejwe na
@coachgaelk
usanzwe amureberera inyungu.
Aho ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, The Ben yahuye na Dj Manzi umwe mu bahanga mu kuvanga imiziki muri USA ufite inkomoko mu Rwanda ariko akaba atuye Michigan.
AMASHUSHO: "N'ubwo ntigeze mvuga ko The Ben ari umunebwe ariko ntabwo ari umunyamwete"
@BruceMelodie
yanze kujya muri America atavuze kuri
@TheBen250
Nyuma y'uko The Ben atangaje ko impamvu yanze gukorana indirimbo na Bruce Melodie ari uko yamusanze ari gukina PlayStation,
AMASHUSHO: Umuhanzi
#burnaboy
udafite icyo ategereje kuko ibyiciro byose yari ahatanyemo byamaze gutangwa akaba yatsinzwe, yihanganye mu ntege ze atanga ibyishimo ku bantu bakurikiranye umuhango wo gutanga ibihembo bya
#GRAMMYs
ku nshuro ya 66.
#GRAMMYs2024
Amatike y'igitaramo cya Bruce Melodie muri Amerika yatangiye gushira ku isoko.
Ku wa gatandatu tariki ya 30 Ukuboza 2023, umuhanzi Bruce Melodie ukorera umuziki we muri 155am Entertainment azakorera igitaramo cye cya mbere muri Amerika muri Portland.
Perezida Joe Biden yatangaje ko impamvu arambanye n'umugore we, Jill Biden ari uko ari intyoza mu kumuha ibyishimo bisendereye mu gikorwa cy'abashakanye.