@ktradiorw
KT Radio
1 year
Ese wahawe inguzanyo yo kwiga kaminuza? Watangiye kuyishyura? Iyi gahunda wowe uyivugaho iki? Imbogamizi ni izihe? Duhe igiterezo cyawe, turagisoma mu kiganiro #UbyumvaUte guhera 19h30 @kigalitoday @ktpressrwanda
Tweet media one
23
4
47

Replies

@ktradiorw
KT Radio
1 year
1
0
1
@ericnsh50172482
Eric N
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Mutubwirire BRD izashyireho online system yeraka abantu amafranga bamaze kwishyura nayo asigaje.
2
1
3
@Mwarimumwiza1
Runonko y'inyama
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda @BrdEducation ntitwereka mu buryo burambuye amafaranga twishyuzwa kuko tubona bayagira menshi kandi ntidusobanurirwe.
2
0
1
@paulbitanga
Paul
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Mutubarize ko bajya batanga historique Yuko umuntu yishyura
0
0
1
@sindohoka
Sindohoka
1 year
@ktradiorw @BrdEducation @kigalitoday @ktpressrwanda Bongeze living allowance ya undergraduate, kko 40k ni make nabo uwayabaha ntacyo bayaguramo kbx, ngo kimare ukwezi
0
0
0
@Eleroh2
Eleroh
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Mutubarize igihe bazongerera living allowance kubanyeshuri ibintu byarahenze
0
0
0
@nayihikielyse
NAYIHIKI Elysee
1 year
@ktradiorw @BrdEducation @kigalitoday @ktpressrwanda BRD badufasha Mukubona Ubushobozi. Bwo Kubasha Kwiga University Hanyuma bakagira uruhare Rukomeyee Mukwishyuza Mugihe uwishyuzwaa Abonye icyo akoraa None se niba badufasha Mukwiga Kuki batagira uruhare rwo Kudufasha Gushakaa icyo Gukora ngo Iyo nguzanyo Yishyurwe @BrdEducation
0
1
1
@CleverKayitare
kay_peterson26
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda 1. Mubatubarize niba bishoboka yuko bajya batanga printed paper zamasezerano tugirana nabo kumuntu ubyifuza? 2. Dusinya amasezerano 2021~2022 Harimo yuko bazatanga amezi 10 ya living allowance ark batanga 8 kubantu biga engineering kd nkuko mubibona amasezerano harimo amezi 10?
0
0
1
@NZAYISENGACypr4
karayuki otagawa
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Umushahara nibabanze bawongere
0
0
0
@Oliviertype
Holivier
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Ntabwo amakuru atangwa uko bikwiye kandi n'amakosa abonetse ntakosorwa. Usanga habaho kwitana ba mwana hagati ya @BRDbank na @Uni_Rwanda . Iyo ugize ibyago ukishyura menshi, kugirango uzayasubizwe biba intambara. Muri make bakora nabi. Muze kuduha numero tuze gutanga ibitekerezo
0
0
0
@Mivumbi1Thomas
Mivumbi
1 year
@ktradiorw @BrdEducation @kigalitoday @ktpressrwanda Iyi gahunda ikibazo nkunze kumva abanyeshuri baba bafite bavuga ko iyo bagiye gutangira kwishyura bishyuzwa arenze ayo bari bazi ko bagomba kuzishyura. Ndumva BRD yazabisobanura birushijeho
0
0
1
@Eric012lee
Eric01
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Mutubarize abatumirwa. 1.iyo umuntu asinya amasezerano yinguzanyo hari ibyo aba azahabwa harimo bursary ndetse na laptop. Gusa twatunguwe nokubona imyaka irenga itatu nta laptop abanyeshuri bahawe. Harakorwa iki ngo hajye hubahirizwa ibikubiye mumasezerano. Murakoze
1
0
1
@NdatimanaPhile
Menyibyawe @240
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Mutubarize kangahe %umuntu yishyura iyo abonye akazi byumushahara ahebwa biaranafasha no kumenya umuntu yakwishyura iyo nguzanyo mugihe kingana gute 2. Ese habura iki kujyirango living allowance yongerwe kuba undergraduate ko ubuzima hanze aha buhenze
0
1
1
@NdatimanaPhile
Menyibyawe @240
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda 3.Mutubarize HEC kubijyanye nama degree amwe namwe muri UR ya advanced diploma Kandi abandi biga muma private bahabwa Ao iyo biza imyaka nkiyo abandi biga muri UR urugero nka General nursing home 4.turashimira uburyo mugerageza kuba hafi yabanyeshuri cyane cyane BRD i
0
1
1
@uwapierre5
Pierre UWIRINGIYIMANA
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda @annemwiza Mutubarize, kubera iki abatangiye 2017 barikubishyuza school fees and living allowances kd ubusanzwe harishyuzwaga living allowances gusa??? Murakoze
0
0
2
@Jeanpierre1sab1
Maitre John owakabi
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Ushaka kwishyura yabigenza ate?
0
0
0
@elijahmanzii
Elijah Manzi
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Uwayihawe ariko akaba atarabona icyo gukora ngo yishyure kuki babuza na Sacco kumuha inguzanyo ngo ashakishe ubuzima kubera ngo ari muri CRB
0
1
3
@JeredusBYUKUSEN
BYUKUSENGE Jered
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Mutubarize impamvu abantu bize muri IPRC MUSANZE 2016-2019 muri Agriculture and Food processing batwishyuza amafaranga y'umurengera asaga 6M kandi twarize imyaka 3 ikindi kandi baradukangiriraga kwiga TVET ngo bazorohereza ababyiga.
0
0
0
@Smith_Oxon
Live_wire.
1 year
@ktradiorw @BrdEducation @kigalitoday @ktpressrwanda Ikibabaje nuburyo abari guhambwa inguzanyo ubu @RwandaPolytec berekwa ko bazishyura angana na 7.9M Kandi mubyukuri ubaze ayo bahabwa ntanagera muri 1/2 yayo. Imbogamizi nuko RP students bishyuzwa amwe na UR students Kandi batiga imyaka ingana! @Annemwiza @RobCyubahiro @
0
0
1
@shumbushoTheo13
shumbusho Theogene
1 year
@ktradiorw @kigalitoday @ktpressrwanda Ikibazo: 1: mukwishyuza abantu ntabwo harebwa ayo wishyuriwe ahubwo nabonye batera forfe. Abize mbere ya 2015 nibwo bari kwishyura menshi kubize nyuma yabo 2. Bazashyireho system yaho umuntu yabona summary yayo yshawe nayo azishyura
0
0
0