Amakuru ya saa moya kuri KT Radio
Muhanga: Ari gufashwa gukora ibizamini n’uruhinja rwe rw’iminsi ine
Uraza kumva abinubira ko abahabwa ibiribwa ari abishoboye
Ku musozo w’amakuru uraza gusobanukirwa n’indwara y’igituntu, uko yandura n’ibimenyetso byayo.